song lyrics / RUTAYISIRE THEONESTE / Twabanye Neza lyrics  | FRen Français

Twabanye Neza lyrics

Performer RUTAYISIRE THEONESTE

Twabanye Neza song lyrics by RUTAYISIRE THEONESTE official

Twabanye Neza is a song in English

Warambaniye nshuti yanjye,
Wambereye imfura nziza,
Uw’igikundiro mico myiza,
Ibikuranga ni uburanga.
Imyaka yose twarabanye,
Indoro yawe ni ya yindi,
Isura yawe iransusurutsa,
Inseko yawe ihora ikeye.
Inyikirizo: Yego shenge karahanyuze,
Twabaye ipata n’urugi,
Izibana zayakomanya,
Ibibazo byose tukabicoca,
Maze urukundo rukabitsinda,
Nuko imyaka igatambuka.
Abana bacu twarabareze,
Bose bose bakura neza,
Urwo rugamba turarurwana,
Dore ibyo byose ni amateka.
Twakunze kuganira,
Ari urwenya tukarutera,
Mu byishimo tukishima,
Mu byago tukababarana.
Inyikirizo: Yego shenge karahanyuze,
Hari abo twabonye batana,
Abandi twabonye barwana,
Benshi twumvise basenya,
Bakirenza indahiro yabo.
Amasezerano bakayasesa,
Bagata urwabo bagata abana,
Bapfa imitungo n’amafaranga,
Ariko twebwe twaragumanye.
Inyikirizo: Yego shenge karahanyuze,
Lyrics copyright : legal lyrics licensed by Lyricfind.
No unauthorized reproduction of lyric.

Comments for Twabanye Neza lyrics

Name/Nickname
Comment
Copyright © 2004-2024 NET VADOR - All rights reserved. www.paroles-musique.com/eng/
Member login

Log in or create an account...

Forgot your password ?
OR
REGISTER
Select in the following order :
1| symbol to the left of the helmet
2| symbol to the left of the camera
3| symbol to the left of the clock
grid grid grid
grid grid grid
grid grid grid